Nuacht
Ikigo BK Group Plc kigiye gushyiraho Ikigega cy'Ishoramari kizajya gishora imari mu bikorwa cyangwa amasosiyete aciriritse akeneye inguzanyo. Byagarutsweho ubwo BK Group Plc yamurikiraga ...
Umuhanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Richard Nick Ngendahayo, agiye gutaramira Abanyarwanda mu gitaramo yise “Niwe Healing Concert”. Iki gitaramo cyo kuramya no guhimbaza Imana kizabera ...
Abari abakozi ba Perefegitura ya Byumba barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi bavuze ko bakibangamiwe n’icyo bise “indwara ya ceceka” ikiri muri bamwe mu bantu badashaka gutanga amakuru ku bandi bakozi ...
Umuryango wa Unity Club Intwararumuri washimye imibanire iri hagati y'Intwaza zatujwe mu Rugo rw’Impinganzima rwa Huye n’abaturanyi babo, ubasaba gukomeza kwimakaza ubumwe. Ni ubutumwa bwatangiwe mu ...
Perezida Paul Kagame uri i Paris mu Bufaransa, yahuye na mugenzi we, Emmanuel Marcon, aho baganiriye ku bibazo byerekeye Isi ndetse n’imikoranire itanga umusaruro hagati y’Ibihugu byombi. Ibiro ...
Leta y'u Rwanda yatangaje ko yinjije miliyoni 587 Frw mu 2023/2024 binyuze mu ngendoshuri zakozwe n’abavuye mu bihugu bitandukanye bya Afurika, no kohereza mu mahanga imishinga y’ikoranabuhanga. Mu ...
Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko u Rwanda rufitanye umubano mwiza n’ibihugu bikiri mu nzira y'iterambere ndetse binyuze mu masezerano atandukanye ...
Kuri uyu wa Kabiri, Perezida Paul Kagame yakiriye Umuyobozi wa Komite Mpuzamahanga y'Umuryango utabara imbabare, Croix Rouge, ku Isi, Mirjana Spoljaric Egger ndetse n'umuyobozi w'uyu muryango muri ...
Muri raporo yagejeje ku bagize imitwe yombi y’Inteko Ishinga Amategeko, Umugenzuzi mukuru w’imari ya Leta, Alexis Kamuhire, yagaragaje ko ibigo n’inzego bya leta bibarirwa kuri 94%, byabashije kubona ...
Abakirisitu Gatorika bo mu Rwanda bavuga ko kuba guhera tariki ya 7 z’ uku kwezi kwa Gicurasi, aba Cardinal bazinjira mu mwiherero wo gutora Papa mushya, ari inkuru nziza kuri bo kuko bafite amatsiko ...
Guverinoma y’u Rwanda n’iya Singapore byasinyanye amasezerano y’ishyirwa mu bikorwa ry’isoko rya ‘Carbon’, rigena uburyo bwo gucuruzanya umwuka uhumekwa n’ibiti biterwa, amashyamba n’ibindi bishobora ...
Mu kwezi gutaha kwa Gatandatu abakuru b’ibihugu batandukanye barimo uw’u Rwanda n’uwa RDC bazahurira muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, kugira ngo hasinywe amasezerano agamije amahoro muri aka karere ...
Cuireadh roinnt torthaí i bhfolach toisc go bhféadfadh siad a bheith dorochtana duit
Taispeáin torthaí dorochtana