ニュース
Update Required To play the media you will need to either update your browser to a recent version or update your Flash plugin.
Igice cya kabiri Police HC yaje irusha cyane iya Ethiopia kuko yinyije ibitego 21 naho iya Ethiopia yinjiza ibitego 10.
Ikigo BK Group Plc kigiye gushyiraho Ikigega cy'Ishoramari kizajya gishora imari mu bikorwa cyangwa amasosiyete aciriritse akeneye inguzanyo. Byagarutsweho ubwo BK Group Plc yamurikiraga ...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig Gen Ronald Rwivanga, yifatanyije n’abanyeshuri, abarimu, abayobozi n’ababyeyi bo muri Lycée Notre Dame de Cîteaux, mu gikorwa cyo ...
Abari abakozi ba Perefegitura ya Byumba barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi bavuze ko bakibangamiwe n’icyo bise “indwara ya ceceka” ikiri muri bamwe mu bantu badashaka gutanga amakuru ku bandi bakozi ...
Leta y'u Rwanda yatangaje ko yinjije miliyoni 587 Frw mu 2023/2024 binyuze mu ngendoshuri zakozwe n’abavuye mu bihugu bitandukanye bya Afurika, no kohereza mu mahanga imishinga y’ikoranabuhanga. Mu ...
Ababyeyi n'abana bo mu Ntara y’Amjayepfo ntibavuga rumwe ku kibazo cy’abana bakomeje guta ishuri, gusa ubuyobozi bw’Intara y’Amajyepfo ku bufatanye n’inzego zibanze n’ibigo by’amashuri hari ingamba ...
Umuhanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Richard Nick Ngendahayo, agiye gutaramira Abanyarwanda mu gitaramo yise “Niwe Healing Concert”. Iki gitaramo cyo kuramya no guhimbaza Imana kizabera ...
Umuryango wa Unity Club Intwararumuri washimye imibanire iri hagati y'Intwaza zatujwe mu Rugo rw’Impinganzima rwa Huye n’abaturanyi babo, ubasaba gukomeza kwimakaza ubumwe. Ni ubutumwa bwatangiwe mu ...
Perezida Paul Kagame uri i Paris mu Bufaransa, yahuye na mugenzi we, Emmanuel Marcon, aho baganiriye ku bibazo byerekeye Isi ndetse n’imikoranire itanga umusaruro hagati y’Ibihugu byombi. Ibiro ...
U Rwanda rwinjiye mu masezerano y’imikoranire na Atletico Madrid, Ikipe y’umupira w’amaguru mu cyiciro cya mbere muri Espagne. Kuri uyu wa Gatatu, ni bwo Urwego rw'Igihugu rw'Iterambere, RDB, ...
Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko u Rwanda rufitanye umubano mwiza n’ibihugu bikiri mu nzira y'iterambere ndetse binyuze mu masezerano atandukanye ...
一部の結果でアクセス不可の可能性があるため、非表示になっています。
アクセス不可の結果を表示する